STAR GANG MUSIC
Title: Bella
Artist: Rugamba Bruyant
Music Producer: Jay P
Video Director: Kick
Actors: Brian & Adraide
Lyrics
Verse 1:
Bella urabizi ni wowe nkunda
kandi mpora nsengera niyo ibihe bibi
bihe binsanga ni wowe nipevera
ooh uwaguhiga ooh ibihe byose wambaye impande
Mana yange mpfashiriza urwo rubavu rwange rwambaye hafi
mu bihe byamakuba, inkuba ziri kuvuza ubududa
nabuze aho mpungira
mungira iwawe nsanga ufite urukundo rutagira umupaka,
two middle fingers ku ba hater bapanga kudusenyera
gusa humura I don't give a fuck with those mudbones
urabizi promiss yange nawe ni forever
oya I don't know the number of the stars
gusa what I know ntashidikanya ,nuko uri no 1 in mai heart
morine when I am with you mba numva nuje urutu abandi twahuje turi muri ferouge so you are like an endless love movie in my eyes
pull up*2 nitugera down town I wanna be ur man from down to up
gusa menya ko I will never recadle you have Fabg gang habe namba
Chorus:
Boy wanjye ntabwo nzaguhemukira kandi mpora nsaba Imana Kundinda inzozo mbi nk’izo even tho aba haters ari beshi *2
Verse 2
Bella*2 you fool me so bad
Oya mbabarira ntuzaneze iminsi nkabariya baginga
banteje kurara ijoro rirerire mbona ikirere gisa umukara
nisanze nta nurumuri mpfite rwo kumurikira muri uwo mwijima
gusa sinasoza ntashimiye nabancaniye bouji mu bihe byamakuba yange,
Big up and huge salute to my soldier girls Mwiza
Keza wowe birandenga ukajya on top yabandi bose
sinzi uko ubikora gusa umenyeko impande yange
utangana nka zero wowe uri hello wibihe byoxe mu buzima bwange
Chorus:
Boy wanjye ntabwo nzaguhemukira kandi mpora nsaba Imana Kundinda inzozo mbi nk’izo even tho aba haters ari beshi *2